Joshua Baraka yaciye kuri Diamond Platnumz ku rubuga rwa sportfy.

Umuhanzi wo muri Uganda Joshua Baraka niwe wumvwa cyane ku rubuga rwa Spotify mu karere k’Afurika y’I Burasirazuba.  Urebye imibare y’abumva abahanzi bo muri Afurika y’I Burasirazuba, Joshua Baraka ni we ufite abamwumva basaga miliyoni 1.7. ku rundi ruhande ariko Diamond Platnumz yumvwa n’abasaga miliyoni 1.6. Abantu bumva umuhanzi buri kwezi kuri Spotify,kubatangaza bifasha umuhanzi […]

Continuer la lecture

Kudahabwa ku mafaranga Rayon Sports yahawe mu byatumye Gasogi United yanga gukina?

Nyuma y’uko Gasogi United yanze gukina umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona yatewemo mpaga na Rayon Sports ku wa 22 Werurwe 2026, hakomeje kwibazwa impamvu yaba yarabiteye ahavugwa nyinshi zirimo no kuba yarifuzaga guhabwa amafaranga yatanzwe na Al Hilal SC kugira yemere impinduka zakozwe. Uyu mukino ubusanzwe wagombaga kubera kuri Kigali Pele Stadium ku Cyumweru, […]

Continuer la lecture

Angola: Petro de Luanda yateye mpaga 1º de Agosto yabuze ku kibuga.

ikipe ya 1º de Agosto yatewe mpaga na Petro de Luanda mu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona wagombaga kuba ku wa 22 Werurwe 2026 ariko iyi kipe ikabura ku kibuga Ibi byabaye ku Cyumweru, tariki 22 Werurwe 2026, aho 1º de Agosto yashakaga ko uyu mukino wayo ukinirwa kuri Stade yayo França Ndala ariko […]

Continuer la lecture

Twarapimye dusanga ni uburozi: Minisitiri Butera ku nzoga zimaze iminsi zica abantu.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Ivan Butera, yasabye urubyiruko kwirinda inzoga zitujuje ubuziranenge kuko byagaragaye ko zirimo ikinyabutabire cya methanol cyangiza umubiri bikomeye. Yabigarutseho mu Nama Nkuru ya Gatandatu y’Urugaga rw’Urubyiruko rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi. Dr. Butera yasobanuye ko inzoga z’inkorano ziheruka gusuzumwa bikagaragara ko zifitemo uburozi. Ati “Hari ikintu cyadutse cyangwa […]

Continuer la lecture

Amb. Bazivamo yibukije urubyiruko rwo muri FPR-Inkotanyi ko kwimana u Rwanda ari inshingano.

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR Inkotanyi, Amb. Bazivamo Christophe, yasabye urubyiruko kurangwa n’indangagaciro nzima, gukoresha neza imbuga nkoranyambaga no gukomeza kwimana u Rwanda. Yabigarutseho kuri uyu wa 22 Werurwe 2026, mu Nama Nkuru ya Gatandatu y’Urugaga rw’Urubyiruko rushamikiye kuri FPR Inkotanyi, yanatorewemo abayobozi bashya. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR Inkotanyi, Amb. Bazivamo Christophe, yasabye urubyiruko kurangwa n’indangagaciro […]

Continuer la lecture

Ikipe y’igihugu Amavubi yatangiye umwiherero yitegura FIFA series.

Abakinnyi bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda izitabira imikino ya FIFA Series 2026 bageze mu mwiherero ugomba gutangira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 23 Werurwe 2026. Ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 22 Werurwe 2026, ni bwo abakinnyi bose bageze kuri hoteli y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), kugira ngo batangire umwiherero. Mu […]

Continuer la lecture

Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru.

Inteko Ishinga Amategeko muri Koreya ya Ruguru yongeye kwemeza Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu. Byatangajwe n’Ikinyamakuru cya Leta, KCNA, cyagaragaje ko Kim Jong Un yemerejwe mu nama yahuje Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya Ruguru izwi nka Supreme People’s Assembly. Ni amatora yabaye ku wa 22 Werurwe 2026, nyuma y’ukwezi kumwe Kim Jong […]

Continuer la lecture

Al Hilal SC itsinzwe na RS Berkane isezererwa muri CAF Champions League

Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani ariko iri gukina Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda yasezerewe muri CAF Champions League nyuma yo gutsindirwa na RS Berkane kuri Stade Amahoro igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wabaye kuri iki Cyumweru. Ni umukino watangiye ku isaha ya Saa Kumi n’Ebyiri zuzuye urangira RS Berkane itsinze […]

Continuer la lecture

AS Kigali WFC yamanutse mu Cyiciro cya Kabiri nyuma y’imyaka 18.

Nyuma y’imyaka 18, AS Kigali WFC yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’Abagore inshuro 12, yamanutse mu Cyiciro cya Kabiri mu gihe habura umukino umwe ngo FERWAFA Women’s Super League ya 2025/26 irangire. Ku wa Gatandatu, tariki ya 21 Werurwe 2026, ni bwo iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali yanganyije na Inyemera WFC igitego 1-1, mu […]

Continuer la lecture

USA: Donald Trump yashinjije OTAN kudatanga umusanzu mu ntambara ihanganyemo na Iran.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze bikomeye ibihugu bifatanyije na Amerika mu muryango wa OTAN, abishinja kudatanga umusanzu uhagije mu guhangana na Iran, ndetse abita “ibigwari”. Ibi Trump yabivuze mu gihe intambara hagati ya Amerika ifatanyije na Israel na Iran imaze ibyumweru bitatu, nyuma y’ibitero byagabwe ku wa 28 Gashyantare 2026, […]

Continuer la lecture

Ikigo cya Meta kigiye kwifashisha ikoranabuhanga rigezweho rya AI mu kugenzura imbuga zayo.

Ikigo cya Meta kigiye gutangiza uburyo bugezweho bw’ikoranabuhanga rya mudasobwa zikoresha ubwenge buhangano [artificial intelligence systems] kugira ngo kigenzure kandi gikumire ibibi binyuzwa ku mbuga zacyo, ibi bikazagabanya umubare w’abakozi b’ibindi bigo bifashishwaga mu kuzigenzura Ubu buryo bushya bwakorewe gukora imirimo isaba ko isubirwamo kenshi no guhita bumenya vuba amayeri mashya akoreshwa n’abantu bafite imigambi […]

Continuer la lecture