Iran Irashaka kwica Minisitiri w’Intebe wa israel Benjamin Netanyahu.

Umutwe w’Ingabo wihariye wa Iran ‘Islamic Revolutionary Guard Corps, IRGC’ watangaje ko intego yawo ari uguhiga no kwica Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu. Ni umugambi IRGC yatangaje mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ibinyujije ku rubuga rwayo ruzwi nka Sepah News. Uyu mutwe w’ingabo wavuze ko “Ibi byaha by’ubwicanyi nibikomeza, Tuzakomeza kumuhiga (Minisitiri w’Intebe […]

Continuer la lecture

Sobanukirwa n’indwara yitwa Allodoxaphobia, ubwoba bwo kumva icyo abandi bantu bagutekerezaho

Wari ubizi? Hari abantu bagira ubwoba bw’ibiterezo by’abandi! Allodoxaphobia ni ubwoba bwo kumva icyo abandi bantu bagutekerezaho. Umuntu ufite ubu bwoba aba atinya cyane ko abandi bamubona nabi kandi aba yiteguye gukora igishoboka cyose ngo bamubone neza. Ubwo bwoba butuma ubufite ahora yibaza ati ubu se ninkora ibi bintu abantu barabibona bate? Ubwo se baramutse […]

Continuer la lecture

Umuhanzi Doja Cat utegerejwe i Kigali yatangaje ko afite indwara yo mu mutwe.

Umuhanzikazi w’Umunyamerika Doja Cat utegerejwe gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Move Afrika kizaba kuwa 17 werurwe 2026 muri BK Arena, yatangaje ko amaze imyaka myinshi ahanganye n’indwara yo mu mutwe izwi nka Borderline Personality Disorder (BPD) ituma rimwe na rimwe yitwara mu buryo atabanje gutekerezaho kandi nta ruhare yabigizemo. Uyu muhanzikazi w’imyaka 30 yabitangaje […]

Continuer la lecture

RDC: Wazalendo yirukanye Depite Willy Mishiki nyuma yo kwemera uruhare mu gitero cya drones i Goma

Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro izwi nka Wazalendo, rishyigikiwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) binyuze muri CNVDP-WAZ, ryirukanye Depite Willy Mishiki Buhini wari Perezida w’Inama y’Inararibonye yaryo, nyuma y’amagambo yemera ko iri huriro rifite uruhare mu gitero cya drones cyagabwe mu Mujyi wa Goma. Mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde cyasohotse ku […]

Continuer la lecture

Amajyepfo: Gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bose barayivuga imyato ariko bakavuga ko hari ibitagenza neza.

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari ingirakamaro cyane kuko yagize uruhare rukomeye mu kongera umubare w’abanyeshuri bitabira amasomo, nubwo hari ibibazo by’ibikorwa remezo bikiri kugaragara. Umuyobozi w’ishuri rya GS Mushubi riri mu Karere ka Nyamagabe, UMUJA Ancille, avuga ko iyi gahunda yafashije abana benshi kwitabira ishuri kuko […]

Continuer la lecture

Umuhanzi uri mu bagezweho Shaffy agiye gutaramira muri Canada.

Umuhanzi w’umunyarwanda ukorera umuziki muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, Shaffy yatangaje ko agiye gutaramira mu Gihugu cya Canada. mu butumwa yanyujije k’urubuga rwe rwa Instagram, Shaffy yatangaje ko afite gitaramo mu Mugi wa Ottawa kizaba mu kwezi kwa Gicurasi 2026, anamenyesha ko amakuru arambuye ku bijyanye n’igihe n’aho kizabera azatangazwa vuba. Yanditse ati: “Mfite […]

Continuer la lecture

America yarashe ikirwa Gifatiye runini igihugu cya Iran.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, mu ijoro ryo ku wa 13 Werurwe 2026 yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zasenye ibirindiro by’ingabo za Iran biri ku kirwa cya Kharg gifatwa nk’umutima w’ubukungu bwa Tehran. Uyu Mukuru w’Igihugu yagize ati “Mu kanya gashize, hashingiwe ku ibwiriza ryanjye, ingabo za Amerika zikorera mu Burasirazuba […]

Continuer la lecture

Abagabo bashegeshwa no gutandukana n’abo bakundanaga kurusha abagore – Ubushakashatsi

Nubwo benshi batekereza ko abagabo batita cyane ku rukundo nk’uko abagore babigenza, ubushakashatsi bwerekanye ko ari bo baba bafite intimba nyinshi iyo batandukanye n’abo bakundanaga. Abahanga mu by’imitekerereze bo muri kaminuza zo mu Bwongereza no mu Busuwisi bakoze ubushakashatsi bwagutse ari nabwo bwa mbere bukozwe ku ngaruka zo gutandukana n’uwo mwakundanaga, dore ko hari abo […]

Continuer la lecture

Uganda: batanu bahagaritswe bazira gusheta ku mikino bizwi nka ‘betting’.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA), ryahagaritse abakinnyi n’abayobozi mu mupira w’amaguru nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kugira uruhare mu kugena ibiva mu mukino kubera ‘betting’. Ku wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026, ni bwo Komisiyo ishinzwe Imyitwarire muri FUFA yatangaje umwanzuro nyuma y’iperereza ku mukino wabaye tariki ya 21 Ukuboza 2024, ukarangira Kitara […]

Continuer la lecture

Umusore ubaho adafite umukunzi n’umwe birangira arushinze n’umukobwa mwiza – Ubushakashatsi

Abasore bamara igihe kirekire badafite abakunzi b’abakobwa kuva mu bwana bwabo baba bafite amahirwe yo “gutsinda cyane” mu rukundo rwabo bakuze, bagashyingirwa abagore beza b’imico n’ubwiza budasanzwe. Iyi ngingo iri kwibandwaho cyane mu biganiro n’imbuga zitandukanye z’imyidagaduro ku Isi. Inzira y’iki gitekerezo ni uko bashingiye ku myumvire y’uko abasore badafite abakunzi bakunze kugira kwihangana, kwibanda ku ntego ndende, […]

Continuer la lecture

Umunyarwenya Japhet Mazimpaka Yagizwe umuyobozi Mushya wa Televiziyo ya KC2.

Umunyarwenya Japhet Mazimpaka wamamaye mu itsinda rya Bigomba Guhinduka, yagizwe Umuyobozi wa Televiziyo KC2, asimbuye Gloria Mukamabano uherutse kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Werurwe 2026, Mazimpaka yakoze ikiganiro cya nyuma asezera ku Magic Fm, aho yari asanzwe akora mu kiganiro cya mu gitondo, anashimira abafana be ku […]

Continuer la lecture