U Rwanda mu nama y’ibihugu bitanga umusanzu mu butumwa bw’amahoro
Guhera ku wa Kabiri tariki ya 14 kugeza ku ya 16 Ukwakira 2025, intumwa z’u Rwanda zitegerejwe i New Delhi mu Buhinde, mu Nama y’Ibihugu bitanga umusanzu mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga Amahoro (UNTCC). Ni inama igiye guhuriza hamwe ibihugu 32 bitanga umusanzu w’ingenzi mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu bice bitandukanye […]
Continuer la lecture
