How tourism in Rwanda paid money in the first half of 2024

Tourists who visited Rwanda from various parts of the world spent $267.71 million on goods and services in the first half of 2024, a new survey by National Institute of Statistics of Rwanda (NISR) shows. This represents an increase of almost 12 per cent compared to $236.2 million visitors spent in the first half of […]

Continuer la lecture

RDC: Inama y’Abepisikopi yahaye umukoro Perezida Thsisekedi

Inama y’Igihugu y’Abepisikopi Gatulika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Umukuru w’Igihugu kugira icyo akora kugira ngo ibintu bijye ku murongo muri iki Gihugu byumwihariko mu rwego rw’umutekano, ubukungu ndetse na Politiki, mu rwego rwo kuzanira ineza Abanyekongo. Inama y’Abapesikopi muri Congo, CENCO (Conférence Episcopale Nationale du Congo) yatanze iki cyifuzo mu itangazo ryashyizweho […]

Continuer la lecture

Nyamasheke : Abantu 30 bafashwe basengera mu rugo bamwe batabwa muri yombi

Abaturage babarirwa muri 30 basengera mu madini atandukanye bafatiwe mu rugo rw’umwe muri bo barimo gusenga mu buryo bunyuranye n’amategeko, bamwe baraganirizwa abandi babiri bo barafungwa. Byabereye mu Mudugudu wa Nyange, Akagari ka Muyange, Umurenge wa Nyabitekeri, Akarere ka Nyamasheke, mu rugo rwa Nyinawabega Béatrice watawe muri yombi ari kumwe na Bisengimana Cassien w’imyaka 29 […]

Continuer la lecture

Musanze: Abantu batanu bariyahuye Mu minsi ibiri

Mu minsi ibiri gusa, mu Karere ka Musanze hiyahuye abantu batanu, aho benshi muri bo bakoresheje imiti yica udukoko cyangwa imigozi. Abaturage bafite impungenge zikomeye ku bwiyongere bw’iki kibazo mu karere, by’umwihariko ku itariki za 30 na 31 Ukwakira 2024, aho abantu batanu biyahuye, batatu muri bo bahita bapfa, abandi babiri bajyanwa kwa muganga. Raporo […]

Continuer la lecture

Hari ibice by’umubiri Virusi ya Marburg ishobora kumaramo igihe kinini itarashiramo

Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko Virus ya Marburg hari ibice by’umubiri ishobora kumaramo igihe kirenga umwaimo amasohoro, ku buryo umugabo wayikize agomba kuwumara adakora imibonano mpuzabitsina idakingiye. Byatangajwe n’Umuyobozi ushinzwe Iterambere ry’Abakozi bo kwa Muganga muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Nkeshimana Menelas, wavuze ko Virus ya Marburg itera indwara ya Marburg, idasanzwe nk’uko byakunze kuvugwa. Avuga ko […]

Continuer la lecture

Karongi: Mbere y’uko Ba gitifu bandika basezera babanje gufungirwa mu karere

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, mu karere ka Karongi humvikanye inkuru yo gusezera akazi kwa Ntakirutimana Gaspard, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Murundi, hamwe n’abayobozi b’utugari batatu nyuma yo gufungirwa mu biro by’akarere, hakurikiraho n’iyeguzwa ry’abandi bakozi batatu byatangajwe ko basezeye ku mpamvu zabo bwite. Amakuru avuga  ko hari abandi bakozi batatu bakurikiye abo beguye. Gusa, abaturage […]

Continuer la lecture

Rusizi: Abari mu bukwe bakoze Impanuka

Imodoka ifite pulake RAH 642E yavaga mu Murenge wa Muganza yerekeza mu Bugarama mu Karere ka Rusizi, itwaye abari bagiye mu bukwe, yakoze impanuka ikomeretsa abantu 10. Iyi mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Gisozi, Akagari ka Cyarukara, Umurenge wa Muganza, Akarere ka Rusizi ubwo imodoka yari itwawe na Nikuze Vincent yageragezaga kwirinda umwana wambukaga umuhanda, […]

Continuer la lecture

MINISPORTS igiye gukemura ikibazo cy’abakinnyi b’amagare basabwe gusubiza ayo bitorezagaho

Minisiteri ya Siporo yijeje gukurikirana ibibazo byatangajwe n’abakinnyi b’umukino w’amagare, bavuze ko badafite amahirwe yo kwitabira amarushanwa, ndetse ko bahura n’ibibazo mu myitozo yabo, kandi hari amagare yakuweho yari yaratanzwe n’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare (FERWACY). Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Nelly Mukazayire, aherutse gusura ikigo cya UCI gishinzwe imyitozo y’umukino w’amagare mu Rwanda, giherereye mu […]

Continuer la lecture