Ishyaka rya Perezida Tshisekedi ryacitsemo ibice
Ishyaka UDPS rya Perezida Félix Tshisekedi, riri ku butegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), riri mu bibazo bikomeye byatangiye muri Nyakanga 2024, bikaba byarageze aho ricikamo ibice. Ibi byatewe n’umwuka mubi hagati y’abanyamuryango baryo, biganisha ku guhangana gukomeye hagati y’abayobozi b’iri shyaka. Ibibazo byatangiye ubwo abanyamabanga 30 ba UDPS bandikiye Umunyamabanga Mukuru, Augustin […]
Continuer la lecture
