Rubavu: Babiri mu basagariye Gitifu w’umurenge ubwo yari amaze gusenya inzu y’umuturage bari gukurikiranwa

Mu Karere ka Rubavu, abaturage babiri bo mu Murenge wa Nyakiliba barimo gukurikiranwa nyuma yo gusagarira Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uwo murenge, Uwimana Vedaste. Ibi byabaye nyuma y’uko uyu muyobozi yari amaze gusenya inzu y’umuturage, yavuzweho ko yubatswe mu buryo butemewe n’amategeko. Mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga, hagaragaye Uwimana Vedaste asenya iyo nzu, ibintu byatumye abaturage […]

Continuer la lecture

Abakuru b’Ibihugu bitabiriye Irahira rya Perezida Kagame batangiye kugera i Kigali

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yabimburiye abandi bakuru b’ibihugu na za guverinoma kugera i Kigali aho yitabiriye Irahira rya Perezida Paul Kagame, rizaba kuri iki Cyumweru. Perezida Kiir yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe ubwo yageraga ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe. Perezida Salva Kiir kandi […]

Continuer la lecture

Sobanukirwa n’indahiro y’Umukuru w’Igihugu n’ibirango ahabwa

Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda, bategerezanyije amatsiko menshi, itariki ya 11 Kanama 2024, umunsi Perezida Paul Kagame azarahirira kongera kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka itanu iri imbere. Ni umunsi udasanzwe muri politiki y’Igihugu, kuko ni bwo uwatowe n’abaturage aba agiye kubasezeranya ko azarinda Itegeko Nshinga, azaharanira icyabagirira akamaro cyose, akarinda ubusugire bw’Igihugu, agakorana umurava inshingano […]

Continuer la lecture

Umwana w’imyaka 16 ari mu munyenga w’urukundo n’umukobwa w’imyaka 26

Umukobwa witwa Keyanna Beverly w’imyaka 26 y’amavuko, yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze amafoto ari kumwe n’umuhanzi w’injyana ya Hip Hop, Lil Woad, w’imyaka 16 y’amavuko, bivugwa ko bari mu rukundo. Aba bombi batuye mu Mujyi wa Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho gukundana ku myaka 16 byemewe n’amategeko. Inkuru […]

Continuer la lecture

Abantu bataramenyekana bibye Ibendera ry’Igihugu

Mu Mudugudu wa Murambo, Akagari ka Marembo, mu Murenge wa Cyungo ho mu Karere ka Rulindo, abantu bataramenyekana bibye ibendera ry’Igihugu ku kigo cy’amashuri cya Ecole Primaire Murambo mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki ya 02 Kanama 2024. Kuva ubwo, ubuyobozi bufatanyije n’abaturage bakomeje gushakisha iryo bendera ariko kugeza ku wa […]

Continuer la lecture

Byagenze bite ngo Twagirayezu ahamwe n’icyaha cya Jenoside yari yagizweho umwere?

Urukiko rw’Ubujurire ruherutse guhamya Twagirayezu Wenceslas woherejwe mu Rwanda avuye muri Denmark icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, akatirwa igifungo cy’imyaka 20. Ni nyuma y’uko Urukiko Rukuru urugereko ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka ruherereye i Nyanza rwari rwamugize umwere kuri icyo cyaha, ruvuga ko Ubushinjacyaha butabashije kugaragaza ibimenyetso by’uko ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yabaga Twagirayezu yari […]

Continuer la lecture

Rulindo: Pasiteri yafatiwe mu rugo rw’umugore w’abandi

Umugabo witwa Niyibigaba Pie Davide, umukozi w’Imana uzwi mu Itorero, yafashwe ari mu rugo rw’umugore witwa Kamugisha Clementine mu kagari ka Bubangu, mu murenge wa Murambiho, akarere ka Rulindo. Bivugwa ko uyu mupasiteri yafashwe asambana n’uwo mugore, bikaba byarateye urunturuntu mu baturage. Inkuru ivuga ko Niyibigaba yaje kurara muri uru rugo nyuma yo kubeshya umugore […]

Continuer la lecture

FPR Inkotanyi yujuje i Huye ingoro yatwaye asaga miliyari 1,5 Frw (AMAFOTO)

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Karere ka Huye bari mu byishimo nyuma yo kwiyubakira ingoro nshya yatwaye asaga miliyari 1.5 Frw, yavuye mu misanzu yabo. Iyi nyubako ije gukemura ibibazo byari bimaze igihe byo gukorera ahantu hadakwiye, kandi initezweho gutanga umusanzu mu bucuruzi n’iterambere ry’akarere. Mu bihe byashize, FPR Inkotanyi mu Karere ka Huye yakoreraga […]

Continuer la lecture

RIB yataye muri yombi umugabo wishe mugenzi we amuteye icyuma nyuma yo kumubwira ko asanzwe aryamana n’umugore we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugabo witwa Muhirwa, uri mu kigero cy’imyaka 37, nyuma yo gutera icyuma Ahorwabaye Emmanuel w’imyaka 53, bapfa amakimbirane yatewe no kumubwira ko umugore babana mu buryo butemewe n’amategeko ajya aryamana n’abandi bagabo. Amakuru aturuka mu Karere ka Gicumbi avuga ko intandaro y’uyu mubano mubi yatangiye ubwo Muhirwa yabwiraga […]

Continuer la lecture

Aba-Perezida babiri bakomeye baganiriye ku kibazo cya RDC

Perezida w’Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yagiriye uruzinduko muri Angola aho yagiranye ibiganiro na Perezida w’icyo gihugu, João Lourenço, bigamije gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ramaphosa yageze i Luanda kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Kanama 2024, aho yahuye na mugenzi we Perezida Lourenço mu rwego […]

Continuer la lecture

Umwana w’imyaka 10 wasambanyijwe na nyirarume akamutera inda yabyaye abazwe

Inkuru y’umwana w’imyaka 10 wasambanyijwe na nyirarume ikomeje gutera agahinda mu gihugu cya Kenya, nyuma y’uko uyu mwana yibarutse abazwe nyuma y’amezi icyenda asamye, gusa uruhinja yibarutse rwitabye Imana nyuma y’iminsi umunani ruvutse. Njeri Wa Migwi, uharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya, ni we watangaje iyi nkuru ibabaje ku wa Mbere tariki ya 5 Kanama […]

Continuer la lecture