Rubavu: RPF Inkotanyi mu mujishi wo kurandura amavunja yugarije abaturage

Ubwo yatorerwaga kuyobora Umuryango RPF Inkotanyi mu karere ka Rubavu, Mulindwa Prosper yatangaje ko bagiye gushyira imbaraga mu kurandura amavunja bivugwa ko yugarije abaturage.   Ibi yabigarutseho kuwa 10 Ukuboza 2023 mu kiganiro yahaye Itangazamakuru, nyuma yo gutorerwa kuyobora Umuryango RPF Inkotanyi, mu karere ka Rubavu.   Ati “Tuzabegera dukore ubukangurambaga kuko nta muturage ukwiriye […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Abakorera mu isoko rya Gakeri barabogoza kubera ibihombo baterwa no gucururiza hasi

Abakorera mu isoko rya Gakeri, mu karere ka Rutsiro barabogoza bavuga ko bahura n’ibihombo bikabije biterwa no gucururiza hasi, imvura yagwa ikanyagira ibicuruzwa byabo bigahita bibora, bagasaba ko imirimo yo kubakirwa iri soko yakwihutishwa.   Bamwe mu baganiriye na Rwandanews24, ubwo umunyamakuru yagerage mu murenge wa Ruhango, akagari ka Kavumu ari nago iri isoko ryubatswe […]

Continuer la lecture

Umunye_DR Congo Martin Bakole yakoze amateka Yo kuba umunyafurika wabaye uwa mbere ku isi mu iteramakofe. Ni muntu ki?

Umunye-Congo Martin Bakole yafashe umwanya wa mbere ku isi mu iteramakofe mu cyiciro cy’abaremereye cya World Boxing Association (WBA), bikaba byamugize umunyafurika wa mbere ufashe uyu mwanya.   Martin Bakole Ilunga w’imyaka 30 wavukiye mu mujyi wa Kananga mu ntara ya Kasai-Central ubu afite umuhigo w’imikino 20 amaze gutsinda agatsindwa umwe gusa yatsinzwemo na Michael […]

Continuer la lecture

“Tshisekedi ntabwo ari Perezida mu bice tugenzura.” M23 yasohoye itangazo  

Umutwe wa M23 uharanira impinduka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), watangaje ko mu bice ugenzura abaturage bavukijwe amahirwe yo gutora bityo ko Perezida Tshisekedi batazigera bamwemera nka Perezida waho.   Ni ubutumwa M23 yatanze ibinyujije mu itangazo yasohoye ku wa Kabiri tari ya 02 Mutarama 2024.   Iryo tangazo ryashyizweho umukono na Perezida […]

Continuer la lecture

RIB yasabwe kutongera kwerekana mu ruhame abatarahamwa n’ibyaha

Urukiko rw’Ikirenga rwagaragaje ko inzego z’iperereza zirimo Ubushinjacyaha n’Ubugenzacyaha zitari zikwiye kwereka itangazamakuru abakurikiranyweho ibyaha hubahirijwe ihame ry’uko umuntu afatwa nk’umwere igihe cyose icyaha kitaramuhama.   Ibi byagarutsweho n’Urukiko rw’Ikirenga mu rubanza rw’Umunyamategeko, Me Murangwa Edward, yari yarezemo Leta agaragaza ko hari ingingo z’amategeko agenga Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha zinyuranyije n’Itegeko Nshinga.   Urukiko rw’Ikirenga rwemeje […]

Continuer la lecture

Rubavu: Baratabaza ko bugarijwe n’abagizi ba nabi babambura ku manywa

Abaturage bo mu karere ka Rubavu baratabaza inzego zishinzwe umutekano kuwukaza kuko bugarijwe n’abagizi ba nabi (biyita abuzukuru ba satani), aho ibikorwa bibi byabo bavuga ko bimaze kuba byinshi, ibyo batavugaho rumwe na Polisi y’u Rwanda.   Aba baturage bavuga ko baturiye ishuri rya GASS, mu murenge wa Gisenyi, akagari ka Kivumu ho mu mudugudu […]

Continuer la lecture

Rubavu: Akanyamuneza ni kose ku bitabiriye amarushanwa y’abatarengeje imyaka 16

Bamwe mu bagize amakipe y’abakiri bato bitabiriye amarushanwa yateguwe n’umuryango udaharanira inyungu Duhumurizanye Iwacu Rwanda ku bufatanye n’Ikipe y’Abakiri bato y’Umurenge wa Busasamana (Busasamana Footbal Academy), akanyamuneza ari kose nyuma y’uko banwe batwaye igikombe, abandi bavuga ko bahazamuriye urwego rw’imikinire.   N’amarushanwa yabaye mu mpera z’iki cyumweru dusoje, aho yabereye kuri Sitade ya Bunyogwe mu […]

Continuer la lecture

Adaciye kuruhande Perezida Kagame yasubije Kisekedi n’abandi bafite umugambi wo gutera u Rwanda

Mu butumwa Perezida Kagame yahaye abitabiriye ibirori byo gusoza umwaka wa 2023, kuwa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2023 yavuze ko kuva hatangira kumvikana imvugo z’abavuga ko biteguye gutera u Rwanda bakarushwanyaguza, igihugu cyiteguye ndetse ngo uwahirahira atera u Rwanda ashaka kurushwanyaguza yakwisanga ari we washwanyaguritse.   Ibi birori byo gusoza umwaka wa 2023 byabaye nyuma […]

Continuer la lecture