Rubavu: Umuryango wakorewe ubushotoranyi n’Ingabo za FARDC ubayeho mu bwoba

Umuryango wo mu karere ka Rubavu wakorewe ubushotoranyi n’Ingabo za FARDC, ubwo zazituraga Inka 5 mu gikumba ku ruhande rw’u Rwanda, uvuga ko ubayeho mu bwoba bwinshi.   Mu kiganiro bahaye Rwandanews24 bavuze ko byabaye ku manywa y’ihangu kuri uyu wa gatandatu, tariki 13 Mutarama 2024, mu murenge wa Busasamana, akagari ka Rusura, ho mu […]

Continuer la lecture

Nyuma y’uko Bushali avuze ko atazi Minisitiri w’Urubyiruko yamusuye mu biro

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, yakiriye ndetse anagirana ibiganiro byihariye n’Umuraperi Bushali uri mu bahagaze bwuma mu muziki w’u Rwanda. Guhura kwa Minisitiri Dr Utumatwishima na Bushali kwabayeho nyuma y’amagambo yaherukaga gutangazwa n’uyu muraperi amugarukaho. Ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Yago Pon Dat cyabereye muri Camp Kigali ku wa 22 Ukuboza […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Haravugwa abinangira gufata imiti igabanya ubwandu bwa Virus itera Sida

Bamwe mu bajyanama b’urungano, n’abubuzima bo mu karere ka Rutsiro bavuga ko bibatwara imbaraga nyinshi mu kwigisha abinangiye gufata imiti igabanya ubukana bwa virus itera sida.   Ibi babigarutseho ubwo barimo bishimira ko Ikigo nderabuzima cya Kayove cyabashije kwegukana igikombe mu ntara y’iburengerazuba mu kurwanya no gukurikirana neza abarwayi, gukumira ubwandu bushya bwa virus itera […]

Continuer la lecture

Hamenyekanye abantu 33 u Uburundi bushaka ko u Rwanda ruboherereza

Kuri uyu wa Kane taliki ya 11 Mutarama 2024, nibwo hamenyekanye amakuru ko igihugu cy’Uburundi cyafunze imipaka yacyo yose igihuza n’u Rwanda. Ni mu gihe u Rwanda rwo rwavuze ko rwamenyeye ayo makuru mu bitangazamakuru, ariko ko icyo cyemezo cyibangamiye ubuhahirane bw’ibihugu byombi ndetse n’amahame agenga umuryango w’Afrika w’Iburasirazuba. Umwanzuro wo gufunga imipaka, uje nyuma […]

Continuer la lecture

Ukurikiranyweho urupfu rwa Tupac yabaye arekuwe

Amazina ye nyakuri yitwa Duane Davis Keith akaba azwi cyane ku izina rya Keefe D warufunzwe by’agateganyo akekwaho kwica uwari rurangirangiranwa mu njyana ya Hip Hop ndetse nanubu akaba agifatwa nabamwe nk’Umwami wiyo njyana ku Isi ariwe Tupac yafunguwe by’agateganyo     Ariko asohoka atanze ingwate igera  kubihumbi 750$ nukuvuga arenga miliyoni 850Frw ndetse ayo […]

Continuer la lecture

Korea y’epfo ntawuzongera kuharira imbwa kuva 2027

Korea y’Epfo yemeje itegeko ribuza abantu kuzongera kurya no kugurisha inyama z’imbwa muri iki gihugu kuva muri 2027. Ni tegeko rifite gahunda yo gukuraho burundu umuco warumaze imyaka myinshi muri Korea wo kurya imbwa.   Iri tegeko rivugako abazafatwa babaga imbwa bazajya bahabwa igihano bagafungwa igifungo gishobora no kugera kumyaka itatu mugihe abazorora kugirango bazirye […]

Continuer la lecture

Menya icyadindije iyimurwa ry’ibiro by’Akarere ka Karongi

Imirimo yo kubaka inyubako nshya y’ibiro by’akarere ka Karongi yagombaga gutangira muri Gicurasi 2022, kugeza kuri uyu munsi yabaye ihagaritswe igihe kitazwi, nk’uko ubuyobozi bubitangaza.   Mu kiganiro Umuyobozi w’akarere ka Karongi wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu aherutse guha Rwandanews24 yavuze ko iyi mirimo yakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19.   Ati “Umushinga wo kubaka ibiro […]

Continuer la lecture

Intambara y’Amagambo Hagati ya Davido na Tiwa Savage Izarangira ryari?

Hari mu mpera z’umwaka Wa 2023 ubwo umuhanzi rurangiranywa muri Nigeria no ku Isi yabonaga ifoto ya Tiwa Savage ari kumwe n’umugore wabyaranye na Davido muri 2016, bakaza kuba abanzi ruharwa nyuma y’uko uyu mugore atangiye kujya yandagaza Davido bakaba badacana uwaka kugeza n’ubu.   Davido akimara kubona iyo foto Tiwa Savage ari kumwe nawe […]

Continuer la lecture

Rutsiro: Umuhanda w’ibilometero 41 uhuza Mushubati-Boneza na Kigeyo ugiye gutangira gutunganywa

Ni umuhanda w’ibilometero 41 ugiye kubakwa mu karere ka Rutsiro, ku ikubitiro uzanyura mu mirenge ya Mushubati-Gihango-Musasa-Boneza-Mushonyi ugahura n’umurenge wa Kigeyo ahazwi nko muri Nkora, ukazanyura ku mukandara w’ikiyaga cya Kivu, aho byitezwe ko uzashyirwamo kaburimbo yoroheje, ugafasha abaturage mu koroshya ubucuruzi n’ubuhahirane.   Uyu muhanda biteganyijwe ko imirimo yo kuwutunganya iratangirana n’uyu wa kane, […]

Continuer la lecture

Kylian Mbappe atangaje igihe azajya muri Real Madrid

Kylian Mbappé yamaze kumvikana na Real Madrid ko azayerekezamo mu mpeshyi, nyuma y’amezi 18 ayiteye utwatsi akemera kongerera amasezerano Paris Saint-Germain.   Mbappé amaze igihe kinini yifuzwa bikomeye na Real Madrid ndetse amakuru avuga ko iyi kipe yamusabye gufata umwanzuro muri Mutarama 2024.   Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo uyu rutahizamu w’ikipe yo mu […]

Continuer la lecture

Rubavu: Abaturiye Umupaka wa DRC bawufata “nk’Uruzi barohamamo isaha n’isaha”

Bamwe mubaturiye umupaka ubahuza na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo mu karere ka Rubavu, bavuga ko ari nk”Uruzi barohamamo isaha n’isaha, mu gihe baba bagize uburangare mu kwicungira umutekano, kubera ko umwanzi bafite mu mashyamba ya Kongo agihari.   Bamwe mubaganiriye na Rwandanews24 kuri uyu wa gatanu, tariki 05 Mutarama 2024 bavuga ko baryamiye amajanja, […]

Continuer la lecture