Sports
America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.
Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]
Politics
America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.
Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]
Isomwa ry’urubanza ruregwamo Yampano ryasubitswe
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ruregwamo Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano wasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ubushinjacyaha bwari bwasabye Urukiko kumufunga by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho birimo icyo gukubita no gukomeretsa, ubwinjiracyaha mu cyaha cy’ubwicanyi, ifungiranwa ry’umuntu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwangiza ikintu cy’undi n’ibindi. […]
Environment
America yizeye ko u Rwanda ruzacyura ingabo rufite muri Congo.
Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yabwiye Abadepite ko afite icyizere ko u Rwanda ruzacyura ingabo zarwo ziri muri Congo. Ku mugaragaro ntabwo u Rwanda rwigeze rwemera ko rufite ingabo ku butaka bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyakora ruvuga ko rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi za kurinda imbibe zarwo. Ubwo yaganiraga n’Abadepite […]
Isomwa ry’urubanza ruregwamo Yampano ryasubitswe
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ruregwamo Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano wasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ubushinjacyaha bwari bwasabye Urukiko kumufunga by’agateganyo kuko hari impamvu zikomeye zituma akekwaho ibyaha akurikiranyweho birimo icyo gukubita no gukomeretsa, ubwinjiracyaha mu cyaha cy’ubwicanyi, ifungiranwa ry’umuntu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kwangiza ikintu cy’undi n’ibindi. […]
Ku myaka 42 yiga mu wa mbere ‘secondaire’: Inkuru ya Gumyusenge
Gumyusenge Jean Pierre ni umugabo w’abana bane w’imyaka 42 wiga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa mbere. Yavukiye mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo, igihe cyo kujya kwiga kigeze ajyayo nk’abandi bana, ariko kubera ubushobozi buke byatumye ava mu ishuri ageze mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza. Uyu munyeshuri utangaza benshi ubwo yari mu […]
-
Enrique1632 commented on Iran yashinje Amerika kurenga ku gahenge, iteguza kwihorera.: https://shorturl.fm/xmjDH
-
Gabriel3359 commented on APR FC na Rayon Sports zizakinira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro muri Sitade Amahoro: https://shorturl.fm/l2NMC
-
Zachary2829 commented on Urukingo rwa Ebola rushobora kuboneka mu mezi icyenda: https://shorturl.fm/HmUQL
-
Allen3187 commented on Perezida Kagame na Madamu Jeannette bifatanyije n’abana kwizihiza umunsi wahariwe ba sogokuru muri Green Hills Academy.: https://shorturl.fm/lUZhO
-
Harlan2733 commented on U Rwanda n’u Burusiya mu biganiro ku bufatanye mu bya gisirikare.: https://shorturl.fm/AR07x


