U Rwanda rwakiriye intumwa za Eswatini zo kwiga uko rubungabunga umutekano wo mu muhanda
Kuri uyu wa Kane tariki 23 Ukwakira, Polisi y’u Rwanda yakiriye ku cyicaro gikuru ku Kacyiru, itsinda ry’intumwa icyenda zo muri Eswatini ziri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Izi ntumwa ziyobowe na Gideon Mhlongo, Umuyobozi mukuru w’Inama y’igihugu ishinzwe imihanda muri Eswatini, zakiriwe na CP George Rumanzi, Komiseri w’ishami rishinzwe ibikorwa n’ituze rusange. CP Rumanzi […]
Continuer la lecture
