Umukino wa APR FC na Rayon Sports wigijwe imbere

Urwego rutegura Shampiyona y’u Rwanda , rwavuguruye ingengabihe y’imikino yo kwishyura, rwimura irimo uwa APR FC na Rayon Sports, wavanywe muri Gicurasi, ushyirwa tariki 9 Werurwe 2025. Shampiyona y’u Rwanda igeze ku Munsi wa 19, ugomba gukinwa guhera tariki 28 Gashyantare, hakinwa umukino uzahuza Vision FC na Rutsiro FC kuri Kigali Pelé Stadium. Kuri uwo […]

Continuer la lecture

Nyamasheke: Umusore wararanye umukobwa w’imyaka 15 iminsi 4 yafashwe

Maniraguha Pierre w’imyaka 23 washakishwaga n’izego z’umutekano nyuma yo kumarana iminsi 4 umukobwa w’imyaka 15 wigaga mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza yatawe muri yombi ubu akaba afungiye kuri SItasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Macuba mu Karereka Nyamasheke. Nyirarume w’uwo mwangavu Ntabareshya Zéphanie, yabwiye Imvaho nshya dukesha iyi nkuru ko banyuzwe no kuba uwo musore […]

Continuer la lecture

Rutahizamu wa Rayon Sports Fall Ngagnentazongera kugaragara mu kibuga muri uyu mwaka w’imikino

Rutahizamu wa Rayon Sports, Fall Ngagne, ntazongera kugaragara mu kibuga muri uyu mwaka w’imikino nyuma yo kugirira imvune mu mukino wahuje ikipe ye n’Amagaju FC. Ku wa Gatandatu, tariki ya 22 Gashyantare 2025, ni bwo Rayon Sports yerekeje mu Karere ka Huye gukina n’Amagaju FC, ndetse bakurayo inota rimwe nyuma yo kunganya igitego 1-1. Si […]

Continuer la lecture

Uhuru Kenyatta, Obasanjo na Hailemariam bagizwe abahuza ku kibazo cya RDC

Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) yemeje ko Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, Olusegun Obasanjo wabaye Perezida wa Nigeria na Hailemariam Desalegn Boshe wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, ari bo bahuza mu kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa DRC. Ni mu itangazo imiryango yombi yashyize hanze kuri uyu wa Mbere […]

Continuer la lecture

Abasirikare ba Afurika y’EPfo basubiye iwabo banyuze mu Rwanda

Abasirikare babarirwa muri 300 ba Afurika y’Epfo barimo n’abatwite basubiye iwabo banyujijwe mu Rwanda. Aba kandi barimo n’abo mu muryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika yo mu majyepfo (SADC). Aba basirikare basubiye iwabo , baje boherejwe kuza gufasha leta ya Congo ifatanyije n’indi mitwe irimo Wazarendo, ingabo z’Abarundi, FDLR na SADC ngo bahanhane na AFC/M23 ariko […]

Continuer la lecture

Abubakar Lawal wakiniye AS Kigali yitabye Imana

Umunya Nigeria Abubakar Lawal wakiniye AS Kigali yitabye imana azize impanuka yabereye muri Uganda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare 2025 ni bwo iyi nkuru y’inshamugongo yatashye mu bakunzi ba ruhago nyuma yo kumva ko uyu mukinnyi azize impanuka ya moto yabereye mu gace ka Entebe. Uyu mukinnyi wahoze akinira […]

Continuer la lecture

Kera kabaye abasirikare ba Afurika y’Epfo barimo n’abatwite bagiye gutaha banyuze mu Rwanda

Ingabo za Afurika y’Epfo zari zimaze iminsi mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zifatanya n’ingabo za FARDC mu kurwana n’umutwe wa M23 zigiye gutaha, zinyuze mu Rwanda. Afurika y’Epfo yohereje ingabo zirenga 2900 mu butumwa bw’Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo, SAMIRDC. Izi ngabo zajyanye n’iza Malawi na Tanzania, zisangayo iz’u Burundi […]

Continuer la lecture

Umutekano w’u Rwanda ugomba kubahwa- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko inyungu z’umutekano w’u Rwanda zigomba guhabwa agaciro kandi zikubahwa. Perezida Kagame yabigarutseho ku wa Gatandatu tariki ya 22 Gashyantare 2025, ubwo yakiraga Umudepite uhagarariye Tottenham akaba n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Umuryango wa Commonwealth n’Iterambere mu Bwongereza, David Lammy. Perezida Kagame yashimangiye agaciro k’umutekano w’u […]

Continuer la lecture

Minisitiri Nduhungirehe yavuze ikibazo Tshisekedi agira

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yanenze Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, wavuze ko adateze kugirana ibiganiro na M23 mu gihe abeshya amahanga ko yiteguye kuganira n’aba Banyekongo baharanira uburenganzira ku gihugu cyabo. Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko indimi ebyiri za Tshisekedi zikomeje kuba imbogamizi ku rugendo […]

Continuer la lecture

Uko umuherwe yashutse RDC akarira ku bacanshuro

Mu 2022 abayobozi baRepubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bishyuye isosiyete y’abasirikare ba Rumeniya n’abo muri Moldavie ngo bahe imyitozo igisirikare cya Congo, gufunga imihanda ibuza Umutwe w’inyeshyamba za M23 kwinjira i Goma no kurinda uyu Mujyi uherereye muri Teritwari ya Nyiragongo. Ikinyamakuru cyo mu Bubiligi, Le Soir, cyasohotse mu mpera z’icyumweru gishize cyatangaje uko […]

Continuer la lecture

Abapolisi n’abasirikare ba Leta hafi 5000 biyunze kuri M23

Abapolisi n’abasirikare ba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bakoreraga mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bahisemo kwifatanya n’ihuriro AFC/M23 mu kubohora igihugu cyabo, no kurwanya ivanguramoko ryari rimaze imyaka n’imyaka ryarashinze imizi. Ku wa Gatandatu hakiriwe abasaga 2000 biganjemo abapolisi bavuye mu bice bya Bukavu, biyongereye ku bandi bagera ku 3000 barimo abamaze […]

Continuer la lecture