Perezida Putin yahakanye ibiganiro na Trump
Perezida Vladimir Putin yavuze ko atigeze aganira na Donald Trump uherutse gutorerwa kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine yari amaze atari muri izi nshingano, icyakora ashimangira ko yiteguye kuganira na we. Putin yavuze ko hari ibintu byinshi yaganira na Trump, icyakora avuga ko atazi igihe ibiganiro byabo bizabera, cyane ko […]
Continuer la lecture
